
Ikipe y’igihugu ya Espagne yisubije umwanya wa mbere ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), nyuma yo kwegukana igikombe cy’Isi cya 2026. U Rwanda rwagumye ku mwanya wa 128.








Mu gihe ubuhinzi bukomeje kuba inkingi ya mwamba mu bukungu bw’u Rwanda, Leta irimo gushaka uburyo bushya bwo gufasha abahinzi kubona inguzanyo, aho umusaruro wabo uzajya ubabera ingwate. Ibi bikaba byitezweho guhindura imyumvire y’abaturage ku buhinzi, bukava ku rwego rwo kwihaza gusa bukaba umwuga utanga inyungu.