
Bamwe mu banyamakuru bavuga ko kuri ubu bagorwa no kubona amakuru kuri bamwe mu bayobozi, icyo bagaragaza nk’ikibazo ku kazi kabo ka buri munsi, bagasaba inzego bireba ko hagira igikorwa kuko bimaze kuba akamenyero.



Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Mata 2026, mu nyubako ya Intare Conference Arena i Rusororo mu Karere ka Gasabo, habeye Inama Mpuzamahanga ku Kurwanya Jenoside, ihuriranye n’ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.





