


Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo mpuzamahanga cy’ubushakashatsi mu buhinzi bwo mu turere dushyuha (International Institute of Tropical Agriculture), agamije guteza imbere ubuhinzi bukoresha ikoranabuhanga rigezweho no kongera umusaruro w’abahinzi
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guteza imbere urubyiruko no kuruhangira imirimo, hari bamwe mu rubyiruko rwafashe iya mbere bihangira imirimo, ariko rukavuga ko rugihura n’imbogamizi zikomeye mu kubona inguzanyo zibafasha kwagura ibikorwa byabo.

Tariki ya 5 Mata, isi yose yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Imikino n’Iterambere n’Amahoro washyizweho n’Umuryango w’abibumbye. Ni umunsi wibutsa ko siporo ishobora kurenga kuba imyidagaduro igahinduka igikoresho cyubaka ubuzima, imyitwarire n’ahazaza h’urubyiruko.